Tuesday, July 30, 2024

Museveni avuga ku mateka ya ankole n'u Rwanda

Mbere ya 1985, muri aka karere, ibihugu byari bigishoza intambara ku bindi. Perezida Museveni avuga ko intambara ya nyuma hagati y'Abanyankole n'Abanyarwanda yabaye mu 1895. Ati 'Mwe muri inyuma ho imyaka 130 yuzuye neza ugereranije n'abavandimwe banyu bakuru. Imyaka 130 inyuma. Ningaruka nje mu birori nzabaha ikiganiro kibisobanura neza.' Ati 'Kuko izo ntambara hagati y'amoko murimo kuvugaho zari hose muri aka karere.' Ati 'Intambara ya nyuma hagati y'Abanyankole n'Abanyarwanda yabaye mu 1895. Iyo ni yo ntambara ya nyuma hagati y'Ankole n'u Rwanda.' Ati 'Bunyoro na Buganda na byo byajyaga birwana, ariko izi ntambara zarahagaze. Imyaka 130 irashize. Zahagaze muri za 1800s, ntizongeye kubaho ukundi.' Ibyo bitero bitunguranye muvugaho, [...] zari intambara zikaze, nta bwo zari intambara nto, zabaga ari intambara zikomeye. Kuko amoko yarwanaga ni amoko magari. Zari intambara zikaze ariko zarahagaze. Umwandutsi: Nzayisenga Adrien _____

No comments:

Post a Comment

Comment here

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Ese kuryamana n'abantu benshi bishobora kwangiza amarangamutima?

 Yego, bishobora kubaho, ariko si ko bimeze kuri buri wese. Kuryamana n'abantu benshi bishobora kugira ingaruka ku marangamutima bitewe ...