Tuesday, July 30, 2024

Donald Trump ntashyigikiye ubutinganyi

Donald Trump yavuzeko Imana yaremye ibitsina bibiri gusa, abagabo n'abagore, ibyabatinganyi ntago azi aho byavuye ko na satani ubwe uvungwaho amabi menshi ko atigeze ashuka Adam ngo baryamane ahubwo yegereye Eva maze aramureshya bararyamana ayo magambo yababaje abo muri LGBT
Donald Trump wabaye perezida wa leta zunze ubumwe za america azwiho kutarya iminwa iyo hari ikimuri ku mutima ashaka gutangaza. Umwanditsi: Nzayisenga Adrien

No comments:

Post a Comment

Comment here

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Menya bimwe mu bishobora gutera indwara zo mu mutwe

 Indwara zo mu mutwe (brain disorders) zishobora guterwa n'impamvu nyinshi, kandi akenshi ntiziterwa n'ikintu kimwe gusa. Zimwe mu m...