Friday, July 12, 2024

Joe Biden akomeje gutenguhwa ni izabukuru

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yitiranyije mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy na Vladimir Putin w'u Burusiya. Byabaye kuri uyu wa 11 Nyakanga ubwo yagezaga ijambo ku bayobozi b’ibihugu byo mu Muryango wa NATO.

No comments:

Post a Comment

Comment here

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Iran yavuze ko ifite ubushobozi bwo kumara amezi atandatu ihanganye na Israel na Amerika

 Umutwe w’ingabo za Iran uzwi nka Islamic ‘Revolutionary Guard Corps, IRGC’, watangaje ko iki gihugu gifite ubushobozi bwo kumara amezi atan...