Friday, July 12, 2024

Joe Biden akomeje gutenguhwa ni izabukuru

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yitiranyije mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy na Vladimir Putin w'u Burusiya. Byabaye kuri uyu wa 11 Nyakanga ubwo yagezaga ijambo ku bayobozi b’ibihugu byo mu Muryango wa NATO.

No comments:

Post a Comment

Comment here

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Volcano

  A volcano is commonly defined as a vent or fissure in the crust of a planetary-mass object , such as Earth , that allows hot lava , volc...