Friday, July 12, 2024
Kenya Guverinema yasheshwe
Perezida wa Kenya, William Ruto yatangaje ko yasheshe Guverinoma yose, abari bayigize bahagarikwa mu nshingano uretse Minisitiri w’Intebe, Musalia Mudavadi na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga.
Ni icyemezo Perezida Ruto yatangajwe kuri uyu wa 11 Nyakanga 2024, gusa ntiyavuga impamvu yacyo.
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE
Volcano
A volcano is commonly defined as a vent or fissure in the crust of a planetary-mass object , such as Earth , that allows hot lava , volc...

-
Paul Kagame is a Rwandan politician and former military officer who has been the President of Rwanda since 2000. He was previously a comm...
-
Muri iyi minsi, Goma iri mu bihe by'ibibazo bitandukanye. Hashize iminsi mike umutwe wa M23 ufashe umujyi wa Goma, ubu ukaba ugenzura i...
-
The Abiru ( Kinyarwanda for royal ritualists ) are the members of the privy council of the monarchy of Rwanda . They emanate f...
No comments:
Post a Comment
Comment here