Friday, July 12, 2024

Dr. Doris Uwicyeza Picard yatangaje ko u Rwanda rwubahirije ibikubiye mu masezerano rwagiranye n’u Bwongereza,

Umuhuzabikorwa ushinzwe Ishyirwa mu Bikorwa ry’Amasezerano y’Ubufatanye mu Iterambere ry’Ubukungu no kwita ku Bimukira, Dr. Doris Uwicyeza Picard yatangaje ko u Rwanda rwubahirije ibikubiye mu masezerano rwagiranye n’u Bwongereza, bityo ko rutiteguye gusubiza amafaranga agera kuri miliyoni 270 z’ama-pound rwahawe, cyane ko bitari no muri ayo masezerano

No comments:

Post a Comment

Comment here

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Ese kuryamana n'abantu benshi bishobora kwangiza amarangamutima?

 Yego, bishobora kubaho, ariko si ko bimeze kuri buri wese. Kuryamana n'abantu benshi bishobora kugira ingaruka ku marangamutima bitewe ...