Friday, September 27, 2024

Rulindo, Yategereje umugabo araheba

Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Kisaro, mu mudugudu wa Gitete haravugwa inkuru y’umukobwa wategereje umusore wari kuza gusaba no gukwa bagaheba. Ubu bukwe bwapfuye ku wa Kabiri,tariki ya 24 Nzeri 2024, nibwo iwabo w’umukobwa imyiteguro yari yose bategereje umusore ko aza gusaba akanakwa uyu mukobwa witwa Uwayezu Angelique,kuko byari biteganyijwe ko basaba bakanakwa,nyuma bakazakorera umurenge mu karere ka Kamonyi. Umukobwa mu marira menshi avuga ko yakundanye n’umuhungu akamuzana no mu rugo kumwereka umuryango nyuma bapanze ubukwe bategura ibintu byose mu rugo barangije bategereza umuhungu baramubura.Ku munsi nyiri izina umukobwa yakomeje guhamagara umuhungu amubwira ko kuza bitagishobotse, ko imodoka yabapfiriyeho bageze mu karere ka Kamonyi,dore ko ngo uyu musore ari uwa Nyaruguru. Ku ruhande rw’ababyeyi b’uyu mukobwa bavuga ko ubu bukwe kuba butarabaye bwabasigiye igihombo gikabije kuko bateguye ibishoboka byose bitegura umukwe birimo gukodesha amahema,ibinyobwa,gukodesha imodoka,… Abaturanyi b’uyu muryango nabo batangarije Radio Ishingiro ko ibi bintu bitakagombye kurangirira aho, ko umusore agomba kubibazwa ntibirangirire aho. Manirakiza Zacharie,bivugwa ko ariwe musore wagombaga kuba umukwe ibi byose arabihakana akavuga ko umukobwa ntawe azi ndetse ko asanzwe ari n’umugabo wubatse ufite umugore n’abana 2. Amakuru avugwa ni uko uyu musore ngo asanzwe ari Animateur kuri ES Runyombyi yo mu Karere ka Nyaruguru,akaba yaramenyanye n’uyu mukobwa aho biganaga muri Kaminuza ya UTAB iherereye mu karere ka Gicumbi. Umwanditsi: NZAYISENGA Adrien

Impamvu Afurika ikeneye ikigo gishinzwe gusesengura inguzanyo

Impuguke zitandukanye ku mugabane wa afurika mu bukungu zigaragaza ko Afurika ikeneye gushora imari mu gushyiraho ikigo gishinzwe kugenzura no gusesengura inguzanyo zihabwa ibihugu bya Afurika ndetse no kureba ubushobozi bw’ibyo bihugu mu kuzishyura mu buryo bunoze. Bigaragazwa ko mu gihe cyashyirwaho byazafasha ibihugu byo kuri uwo Mugabane kujya bimenya ubushobozi bifite bwo kuba byakishyura inguzanyo bihabwa ndetse no gusobanukirwa neza umutwaro bishyirwaho mu gihe bizihabwa n’ibindi bihugu. Byagiye bigaragagara mu bihugu byinshi bya afrika aho usanga bifite inguzanyo z'umurengera bitakibasha no kwishyura. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe Ubukungu muri Afurika (UNECA), Ambasaderi Claver Gatete, yavuze ko mu gihe ibihugu bya Afurika byaba bishaka kwishakamo ibisubizo, ikwiriye kugira imyumvire yo kugira ikigo gishinzwe kugenzura no gusesengura imyenda. Yagaragaje ko nubwo bimwe mu bihugu bimaze gushinga inzego zigenzura uburyo bwo kubona inguzanyo, ari ngombwa ko habaho ihuriro n’imikoranire ku rwego rwa Afurika yose kugira ngo babashe kuvuga ijwi rimwe, kandi baharanire ko habaho gukorera mu mucyo, kutabogama, no kuryozwa inshingano mu gutanga amanota no mu byiciro byose bijyanye n’izo serivisi. Yagize ati “Ikigo cya Afurika gisesengura ubushobozi bwo kwishyura imyenda gitanga amahirwe y’ingenzi yo kuzuzanya n’ibigo by’ubusesenguzi ku rwego rw’Isi. Kizaba igikoresho gikomeye mu kongerera ubushobozi inzego za Afurika zifite uruhare muri iki gikorwa, ndetse kibafashe no kwitegura imikoranire n’ibigo mpuzamahanga by’ubusesenguzi mu gihe kizaza.” Yagaragaje kandi ko icyo kigo kizaba ingirakamaro mu gukaragaza ubushobozi bwa Afurika no kwerekana icyizere ku bashoramari bagana ibihugu by’Afurika. Yanasabye kongera ubushobozi bwa tekiniki, ndetse no guteza imbere imikoranire myiza hagati ya za guverinoma n’ibigo bisesengura ubushobozi bwo kwishyura imyenda. Raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) ivuga ko ibihugu bya Afurika byashobora kuzigama amafaranga agera kuri miliyari 74.5$ mu gihe amanota arebana n’ubushobozi bwo kwishyura imyenda yatangwa hashingiwe ku isesengura ritabogamye. Kuri ubu Afurika ihanganye n’ikibazo gikomeye cy’imyenda, aho uyu Mugabane utegerejweho kwishyura miliyari 163$ y’inyungu z’imyenda mu 2024 gusa. Habarwa ko hafi 60% by’ibihugu bishyira ingengo y’imari nyinshi mu kwishyura inyungu z’imyenda y’amahanga kurusha gushora mu bikorwa by’imibereho myiza n’ibikorwa byo kurwanya imihindagurikire y’ibihe. Amanota atangwa ku bushobozi bw’ibihugu bya Afurika bwo kwishyura inguzanyo agenda agabanuka cyane mu bihugu binyuranye.
Umwanditsi: NZAYISENGA Adrien

Ntabwo dufite byinshi byo gusesagura - Perezida Kagame arahiza abasenateri bashya

Perezida Paul Kagame yasabye abasenateri bashya gukoresha ububasha bafite mu kubaza inshingano inzego zose bashinzwe, kugira ngo hatagira abakoresha nabi amikoro make u Rwanda rufite. Yabitangaje ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane ubwo yarahizaga abasenateri bashya 20 baherutse gutorwa n’abashyizweho na Perezida nk’uko biteganywa n’amategeko. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira ry’abo basenateri, Perezida Kagame yabasabye ubufatanye n’izindi nzego, bakibuka ko u Rwanda ari igihugu cyihariye. Ati “U Rwanda rufite ibintu byinshi by’umwihariko biva mu mateka, politiki, uko dutuye mu karere, kutagira icyambu […] Bidufasha gushakisha uburyo bwose twakora kugira ngo tubeho neza, dutere imbere tugere kuri byinshi twifuza. Sena ibifitemo uruhare, cyane cyane iyo yuzuzanyije n’izindi nzego. Ubwo bufatanye buvamo gukemura ibibazo by’ingutu.” Perezida Kagame yavuze ko icyo Sena yifuzwaho ari umusanzu mu gukemura ibibazo byugarije abaturage, ku buryo buri wese agerwaho n’inyungu z’igihugu. Ati “Ntabwo ari inyungu zibageraho zindi, ariko ni n’uruhare bakwiriye kubigiramo. Ni ikintu dukwiriye guhora twibukiranya kugira ngo dukomeze gutera imbere, tutaba twasubira inyuma.” By’umwihariko, Perezida Kagame yasabye abasenateri bashya kwirinda gusesagura umutungo w’igihugu no kurwanya abashobora kubyishoramo. Ati “Ikintu cyo gukurikirana ibyo dukora, ibyo abantu bifuza no kwirinda kunyura inzira y’ubusamo mu bikorwa bimwe no ku bantu bamwe. Dushaka gukora ibintu neza, bifite umucyo biganisha ku nyungu z’Abanyarwanda benshi. Kubazwa inshingano bifite uburemere.” Yakomeje agira ati “Twe nta n’ubwo dufite byinshi byo gusesagura, hari ababifite ariko nanabigize nabwo sinabisesagura, nabikoresha neza mu nyungu z’abaturage.” Perezida Kagame kandi yasabye abasenateri bashya gukurikirana ku gihe ibibazo by’abaturage ku buryo badataka ngo babure ubumva. Ati “Ni byiza twabonye Internet n’ikoranabuhanga, ni ukujya tumenya ibibazo by’Abanyarwanda binyuze ku mbuga nkoranyambaga. Ukabona umuntu yohereje ikintu avuga ati: Ariko mwadutabaye […] Ntabwo bikwiriye kugera aho. Dukwiriye kuba tubizi kuko nicyo Sena n’izindi nzego zibereyeho.” Perezida Kagame kandi yashimye ko abagize Sena ya Kane biganjemo abagore aho bagize 53% mu gihe abagabo ari 47%. Yavuze ko bigaragaza iyimakazwa ry’ihame ry’uburinganire.
Abasenateri 20 barahiye, baje basanga bagenzi babo batandatu basigaje umwaka umwe ngo manda yabo irangire.

Bruce Melodie yiganye The Ben akurura ‘Ishanga’ mu mashusho y’indirimbo nshya

Bruce Melodie washyize hanze indirimbo nshya yise “Iyo Foto” yakoranye na Bien Aime Baraza, mu mashusho yayo yagaragaye akora ibyo The Ben aherutse gukorera mu Karere ka Musanze akorakora umukobwa mu rukenyerero byiswe ko yari ari gukora ku ishanga uwo mukobwa yari yambaye. Iyi ndirimbo yari itegerejwe na benshi igaruka ku nkuru za hato na hato zikorwa ku byamamare ahanini zivuga ku bikorwa bakoze bifatwa nk’ibigayitse zirimo gucana inyuma, gusohokana abagore b’abandi, kugaragara mu tubari basinze, gukorakora abakobwa n’ibindi. Aba bahanzi bumvikana bavuga ko nubwo baba badashaka inkuru nk’izi ariko ntacyo bibabwiye kuko bamaze kubyakira, babifata nk’imibereho y’ibyamamar. Muri iyi ndirimbo hari aho Bien Aime afotorwa n’umukobwa bararanye akabiha bagenzi be, uyu muhanzi akabyutswa n’ubutumwa bw’abamubaza ibyo yakoze. Ku munota 1 n’amasegonda 47 niho Bruce Melodie agaragara ari kwifotozanya n’abakunzi be, hakaza abakobwa batandukanye bikagera aho umwe muri bo amukora mu rukenyerero akabikora neza neza nk’uko The Ben aherutse kubigenza abikora umukobwa witwa Kwizera Emelyine wari witabiriye igitaramo aherutsemo mu karere ka Musanze. Iyi ni inkuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, nubwo The Ben ntakintu na kimwe arabivugaho, benshi mu babonye ayo mashusho bavugaga ko uyu muhanzi yafashe uyu mukobwa akarengera akagera aho amukurura umwenda w’imbere, nubwo Kwizera Emelyne yabyamaganiye kure, avuga ko atari ko byagenze. Uyu mukobwa yavuze ko mu by’ukuri uyu muhanzi atamukuruye umwenda w’imbere ahubwo byatewe n’amasaro yari yambaye mu rukenyerero (Ishanga) uyu muhanzi agatungurwa no kuyumva ubwo yari amukozeho.

Thursday, September 26, 2024

22 Job Positions at Neuro psychiatric teaching hospital caraes ndera (NDERA HOSPITAL): (Deadline 3 October 2024)

2 Job Positions of Account(under Contract) at Neuro psychiatric teaching hospital caraes ndera (NDERA HOSPITAL): (Deadline 3 October 2024) Job responsibilities – Organize accounting records such as registers, ledgers, journals and individual accounts – Prepare asset, liability and capital account entries by compiling and analyzing account information – Recommend financial actions by analyzing accounting options – Liaise with Planning, Monitoring and Evaluation Officer, Division Manager of Corporate Service and Director General to prepare the MTEF – Enter MTEF data in Smart IFMIS – Integrate changes in Smart IFMIS as agreed in budget consultation meetings – Prepare monthly budget execution reports – Identify budget gaps and propose budget revision – Maintain the Cash Books and General Ledgers using an appropriate accounting software to produce income and expenditure reports and consolidate financial reports and statements – Preparation of bank reconciliation statements at the end of each month and coordinate the timely production of accurate financial reports as per the set deadlines – Process online declaration of VAT and withholding taxes though RRA website and print acknowledgement receipts – Prepare monthly, quarterly and annual financial reports and submit them on time – Ensure suppliers’ complaints are addressed in timely manner – Facilitate internal and external audits. – Put in place a proper filling system and ensure regular filling of accounting documents for indirect payments – Summarize the current financial status by collecting information and preparing balance sheets profit and loss statements and other reports – Substantiate financial transactions by auditing documents – Maintain accounting controls by preparing and recommending policies and procedures – Reconcile financial discrepancies by collecting and analyzing account information – Secure financial information by completing database backups – Maintain financial security by following internal controls – Prepare payments by verifying documentation and requesting disbursements – Answer accounting procedure questions by researching and interpreting accounting policy and regulations Qualifications 1 Bachelor’s Degree in Accounting 0 Year of relevant experience 2 Bachelors Degree in Finance 0 Year of relevant experience Required certificates 1 Certified Internal Auditor (CIA) 2 Certified Public Finance Management Accountant (CPFMA ) 3 Having CPA or CPA Intermediate level, CIA/CPFA/CPFM or ACCA Part1 4 Certified Public Accountant (CPA) 5 Association of Chartered Certified Accountants (ACCA) Required competencies and key technical skills 1 Resource management skills 2 Analytical skills 3 Problem solving skills 4 Decision making skills 5 Time management skills 6 Risk management skills 7 Results oriented 8 Digital literacy skills 9 Fluency in Kinyaranda English and or French knowledge of Swahili is an added advantage 10 Knowledge of accounting, financial reporting and auditing standards (Such as IPSAS, IFRS; ISSAs) 11 Proficiency in financial management systems CLICK HERE TO READ MORE AND APPLY

Recovery Officer at Neuro psychiatric teaching hospital caraes ndera (NDERA HOSPITAL): (Deadline 3 October 2024)

Recovery Officer at Neuro psychiatric teaching hospital caraes ndera (NDERA HOSPITAL): (Deadline 3 October 2024) Job responsibilities Leadership and team management: – Lead, mentor and manage patient services unit, billing and recovery and revenue unit – Develop and maintain a high performing team by setting clear goals, providing regular feedback and fostering a culture of collaboration and accountability – Provide ongoing coaching, mentorship and performance evaluations to ensure staff effectiveness and productivity – Foster a collaborative and productive work environment. Strategic revenue assurance: – Develop and implement a comprehensive revenue assurance strategy to maximize revenue while ensuring compliance with relevant regulations – Analyze revenue trends, identify potential revenue leakage points and create strategies to address them – Collaborate with hospital management to align revenue assurance efforts with the hospital strategic goals Billing and recovery oversight: – Oversee the billing and recovery unit in managing billing processes, claims submission and revenue recovery efforts – Ensure the timely and accurate submission of claims to insurance companies, local government and other third party payers – Implement strategies to reduce denials and underpayments – Ensure all billing and coding practices adhere to relevant laws and regulations – Develop and implement strategies to optimize the hospital revenue cycle, including reducing denials and improving collections Compliance and regulatory adherence: – Stay updated on healthcare regulations and payer requirements to ensure compliance with the hospital billing practices – Collaborate with the hospital to develop and implement policies and procedures that adhere to regulatory standards – Conduct periodic audits to identify compliance issues and implement corrective actions Financial analysis and reporting: – Monitor and analyze key revenue performance indicators, such as accounts receivable, charge capture and revenue recovery rates – Prepare and present regular reports to hospital management on revenue assurance performance and recommendations for improvement Process optimization: – Identify opportunities to streamline and optimize revenue assurance processes for greater efficiency and accuracy – Collaborate with ICT Team to leverage technology solutions that enhance billing accuracy and reduce revenue leakage – Continuously assess and improve revenue cycle processes to enhance efficiency and accuracy, reducing denials and write-offs – Identify and implement technology solutions and software tools to streamline revenue cycle operations – Identify areas where staff may require additional training or support for enhanced billing processes – Monitor and follow up on outstanding payments, devising strategies to minimize overdue accounts – Optimize cash flow by ensuring timely invoicing and efficient collection processes – Collaborate with finance departments to analyze billing data and contribute to financial planning strategies Patient billing services management: – Lead the patient billing services team to ensure smooth and efficient patient billing processes – Address patient inquiries and concerns related to billing and insurance matters Customers management: – Oversee relationships with external customers and third party partners involved in revenue cycle management – Evaluate customer performance and negotiate contracts to ensure cost effectiveness and service quality Contract management: – Ensure that all partners have valid contracts – Ensure that expired contracts are renewed to the existing policies, laws and regulations of the hospital – Lead the discussion with new partners Tariff management: – Lead the discussion for establishing and reviewing hospital tariffs for new and existing services – Ensure the accuracy and implementation of the hospital tariff Qualifications 1 Bachelor’s Degree in Economics 0 Year of relevant experience 2 Bachelor’s Degree in Management 0 Year of relevant experience 3 Bachelor’s Degree in Accounting 0 Year of relevant experience 4 Bachelor’s Degree in Finance 0 Year of relevant experience 5 Bachelor’s Degree in Business Administration with specialization in Finance 0 Year of relevant experience 6 Bachelor’s degree in business administration with specialization in accounting 0 Year of relevant experience 7 Buchelor’s of Business Administration with specialization in economics 0 Year of relevant experience Required competencies and key technical skills 1 Resource management skills 2 Analytical skills 3 Problem solving skills 4 Decision making skills 5 Time management skills 6 Results oriented 7 Digital literacy skills 8 Fluency in Kinyaranda English and or French knowledge of Swahili is an added advantage 9 Proficiency in financial management systems 10 Knowledge of the legal and institutional framework of Rwanda’s public finance management CLICK HERE TO READ MORE AND APPLY

2 Job Positions of Daycare Teachers at Rwanda Inter-Link Transport Company (RITCO Ltd): (Deadline 27 September 2024)

2 Job Positions of Daycare Teachers at Rwanda Inter-Link Transport Company (RITCO Ltd): (Deadline 27 September 2024) JOB ADVERTISEMENT The Rwanda Interlink Transport Company (RITCO) would like to hire an attentive childcare teacher to perform all duties necessary to ensure that children’s basic needs are taken care of. Post: Daycare teachers (2). Key duties and Responsibilities Providing basic care for children which includes feeding, etc. Developing age-appropriate socialization skills in children. Encouraging positive behavior and good manners. Using various learning methods such as stories, games, and drawing to intellectually stimulate children. Providing a pleasant, safe, and sanitary environment. Communicating with parents and providing updates on children’s progress Job Requirements and Qualifications High school diploma or bachelor’s degree in Early childhood education, Child development or Child psychology, special education, Sociology and Human development and family studies. Child care professional (CCP) certification and work experience is advantageous. Certification in first aid and CPR is preferred. In-depth understanding of Early childhood development and communication skills. Fluent in Kinyarwanda, English and French; knowledge of all is an advantage. Interested candidates are requested to submit their application letters together with detailed CVs, academic certificates, Criminal records, medical certificate and a copy of ID at recruitment@ritco.rw not later than Friday, September 27th, 2024 at 5:00 PM. Only candidates who meet the above requirements will be shortlisted. Done at Kigali, on 19/09/2024. NKUSI Godfrey Chief Executive Officer.

Apply Now: Kectil Program for Youth Leader 2025 (Deadline Ongoing)

Applications are open for the Kectil Program 2025 for Youth Leaders. “KECTIL” is an acronym that refers to the Knowles Educational and Charitable Trust for International Leadership. The Program connects talented youth leaders born for greatness in developing countries worldwide for deep discussion and networking about issues that matter, as well as proposed actions to improve the quality of life locally and globally. The Program is offered for free from the Malmar Knowles Family Foundation. Youth in the Kectil Program are referred to as Kectil Colleagues. Kectil Colleagues are expected to: Reach out to other Kectil Colleagues around the world for friendship and understanding. Do your Assignments and submit them in a timely way. Comment on the Assignments of your peers with positive, proactive thoughts. Volunteer to take on tasks to help the Program. Get active in your regional group. Advise the Kectil leaders when you are in a situation of danger or risk so they can help. Understand that nothing comes easy and there is “no free lunch.” The results will not be achieved without hard work, dedication and an open mindedness to cultural understanding and compassion. Benefits The Kectil Program allows you to: Join community engagements to implement social advancements. Meet and network with talented passionate youth around the world. Make life-long global friends who share your commitment to advance society. Interact in a non-political, non-religious platform that transcends every form of bias. Have authentic, honest, candid dialogue about critical issues. Obtain a merit-based certificate awarded at the end of the program based on performance. Eligibility Open to high potential youth (aged 17-26) in least developed and developing countries who have demonstrated a talent and passion for leadership, scholarship or innovation; Must be proficient in English; Have access to a computer and the internet. Application Deadline: Ongoing Click here to apply

Apply for The Social Enterprise World Forum (SEWF)Policy Forum 2024: (Deadline 23 October, 2024)

Are you ready to shape the future of social enterprise? Apply for the Social Enterprise World Forum (SEWF) Policy Forum 2024. This program offers a unique opportunity to learn, share and contribute to the development of effective and progressive social enterprise policies. Join policymakers, thought leaders and social enterprises from around the world as they spotlight best practice, raise awareness and foster the transfer and replication of successful social enterprise policies. Programme at a glance: Developing better economic policies: Recognising the strengths of rural and diverse communities Global perspectives: Comparing social enterprise strategies across continents Social enterprise: Understanding the importance of boundaries, standards and identity for policy development and implementation Benefits Learn from policy best practice that encourages innovation, increases community engagement and enables mission-driven enterprises to fulfil their potential. Shape global policy developments in supporting and promoting the development of social enterprise. Make meaningful connections with hundreds of social enterprise policy leaders from around the world. Speak openly about the impact of social enterprise policies and barriers to effective policy development. Eligibility Open to young leaders and social entrepreneurs from around the world. Applicant must be available to attend the programme. Application Click here to apply

Get the education that’s built around the impact you want to make in the world.

Israel-Hezbollah live updates: Netanyahu orders 'full force' in Lebanon despite U.S. cease-fire push

Israel says it is launching strikes on Beirut, following a new wave of strikes on southern Lebanon this morning. Days of attacks have killed more than 600 people and displaced hundreds of thousands. Israel’s ability to assassinate senior Hezbollah officials shows that the group is “exposed to Israeli intelligence to an unprecedented level.” That’s according to Filippo Dionigi, an international relations scholar and Hezbollah specialist at England’s University of Bristol. Israel has taken out numerous high-ranking Hezbollah figures, including the chief of its elite Radwan forces, Ibrahim Aqil, and some of his deputies. Israeli Defence Minister Yoav Gallant said this week that the strikes have left Hezbollah chief Hassan Nasrallah isolated. This “certainly has an impact” on the group’s “morale and partly on their capacity to operate under the stress of constant surveillance from the enemy,” Dionigi told NBC News. However, the 40-year-old organization “has had all the time to recruit and train new generations of fighters.” “This means that ‘decapitating’ the military leadership of Hezbollah will have an impact that is more limited compared to younger and less long-lasting organizations, such as Islamic State, for example,” he added. “Hezbollah is likely to have sufficient trained personnel to replace its losses.”
Israeli fighter jets struck an area along the Syria-Lebanon border that the IDF said was being used by Hezbollah as a route to transfer weapons. Lebanese transport minister Ali Hamieh told news agency Reuters that the Israeli strike hit the Syrian side of a small bridge that crossed into Lebanon. It was not immediately clear whether anyone was killed or injured in the strike. The United Nations refugee agency has warned of a mounting humanitarian crisis at the border between Lebanon and Syria, as some of the tens of thousands of dispalced people escaping Israeli airstrikes amassed there. Hundreds have been killed by the strikes in recent days.Video and photos shared by the agency showed roadways filled with vehicles, their rooftops loaded with bedding and other possessions. Crowds of others, including children, arrived at the border on foot. UNHCR said many arrived after fleeing "dire conditions, with some carrying nothing but plastic bags filled with their belongings." "Today we have seen literally thousands of families of Syrian and also Lebanese crossing into Syria, UNHCR representative Gonzalo Vargas Llosa said, speaking from the Syrian side of the border in a video shared online last night. "They are fleeing the escalating violence in Lebanon," he said. Many of the Syrians now seeking refuge in their home country are people who have already been displaced by a brutal conflict — survivors of Syria's own ongoing civil war, which began in 2011. Now, they find themselves returning, displaced once again by the threat of violence.
“It is yet another ordeal for families who previously fled war in Syria only now to be bombed in the country where they sought shelter," said Filippo Grandi, UN High Commissioner for Refugees in a statement shared by UNHCR. "We must avoid replaying these scenes of despair and devastation. The Middle East cannot afford a new displacement crisis. Let us not create one by forcing more people to abandon their homes. Protecting civilian lives must be the priority.”

Training courses

Trainings

Please join us with the training at $200 that can be paid to the account Number 002560775673309 For more information Contact: +250784296338 +250785719411 Email:nayisengadrianos@gmail.com, nayisengadrianos@yahoo.com Blog:nzayisengaadrien.blogspot.com

EXCELL TRAININGS, RWANDA

EXCELL COURSES

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Volcano

  A volcano is commonly defined as a vent or fissure in the crust of a planetary-mass object , such as Earth , that allows hot lava , volc...