Sunday, July 14, 2024
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahungishijwe ikitaraganya nyuma y'uko humvikanye urusaku rw'amasasu
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahungishijwe ikitaraganya nyuma y'uko humvikanye urusaku rw'amasasu aho yari ari kwiyamamariza muri Leta ya Pennsylvania.
Trump yagaragaye ahungishwa n'abashinzwe umutekano ndetse agaragaraho amaraso hafi y'ugutwi.
Mbere yo guhungishwa, Trump yasabye abashinzwe umutekano we guhagarara gato, maze azamura ukuboko kw'iburyo asa nk'uwerekana intsinzi ku bari bamukurikiye.
Amakuru y'abari hafi ye, avuga ko kuri ubu Trump ameze neza.
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE
Iran yavuze ko ifite ubushobozi bwo kumara amezi atandatu ihanganye na Israel na Amerika
Umutwe w’ingabo za Iran uzwi nka Islamic ‘Revolutionary Guard Corps, IRGC’, watangaje ko iki gihugu gifite ubushobozi bwo kumara amezi atan...
-
The Abiru ( Kinyarwanda for royal ritualists ) are the members of the privy council of the monarchy of Rwanda . They emanate f...
-
Yuhi Musinga ( Yuhi V of Rwanda , 1883 – 13 January 1944) [ 5 ] was a king ( umwami ) of Rwanda who came to power in 1896 and collabor...
-
Rwigema was born in Gitarama , in southern Rwanda. Considered a Tutsi, in 1960 he and his family fled to Uganda and settled in a refug...

No comments:
Post a Comment
Comment here