Sunday, July 14, 2024
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahungishijwe ikitaraganya nyuma y'uko humvikanye urusaku rw'amasasu
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahungishijwe ikitaraganya nyuma y'uko humvikanye urusaku rw'amasasu aho yari ari kwiyamamariza muri Leta ya Pennsylvania.
Trump yagaragaye ahungishwa n'abashinzwe umutekano ndetse agaragaraho amaraso hafi y'ugutwi.
Mbere yo guhungishwa, Trump yasabye abashinzwe umutekano we guhagarara gato, maze azamura ukuboko kw'iburyo asa nk'uwerekana intsinzi ku bari bamukurikiye.
Amakuru y'abari hafi ye, avuga ko kuri ubu Trump ameze neza.
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE
Volcano
A volcano is commonly defined as a vent or fissure in the crust of a planetary-mass object , such as Earth , that allows hot lava , volc...

-
Paul Kagame is a Rwandan politician and former military officer who has been the President of Rwanda since 2000. He was previously a comm...
-
Muri iyi minsi, Goma iri mu bihe by'ibibazo bitandukanye. Hashize iminsi mike umutwe wa M23 ufashe umujyi wa Goma, ubu ukaba ugenzura i...
-
The Abiru ( Kinyarwanda for royal ritualists ) are the members of the privy council of the monarchy of Rwanda . They emanate f...
No comments:
Post a Comment
Comment here