Thursday, July 25, 2024

Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza

Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho.
Itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Intebe, rivuga ko iyirukanwa rya Mujawamariya wabaye Minisitiri w’Ibidukikije mbere yo kugirwa uw’Umurimo, “ari ukubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho”.

No comments:

Post a Comment

Comment here

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Ese kuryamana n'abantu benshi bishobora kwangiza amarangamutima?

 Yego, bishobora kubaho, ariko si ko bimeze kuri buri wese. Kuryamana n'abantu benshi bishobora kugira ingaruka ku marangamutima bitewe ...