Thursday, July 25, 2024

Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza

Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho.
Itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Intebe, rivuga ko iyirukanwa rya Mujawamariya wabaye Minisitiri w’Ibidukikije mbere yo kugirwa uw’Umurimo, “ari ukubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho”.

No comments:

Post a Comment

Comment here

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Iran yavuze ko ifite ubushobozi bwo kumara amezi atandatu ihanganye na Israel na Amerika

 Umutwe w’ingabo za Iran uzwi nka Islamic ‘Revolutionary Guard Corps, IRGC’, watangaje ko iki gihugu gifite ubushobozi bwo kumara amezi atan...