Thursday, July 25, 2024
Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza
Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza
Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho.
Itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Intebe, rivuga ko iyirukanwa rya Mujawamariya wabaye Minisitiri w’Ibidukikije mbere yo kugirwa uw’Umurimo, “ari ukubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho”.
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE
Iran yavuze ko ifite ubushobozi bwo kumara amezi atandatu ihanganye na Israel na Amerika
Umutwe w’ingabo za Iran uzwi nka Islamic ‘Revolutionary Guard Corps, IRGC’, watangaje ko iki gihugu gifite ubushobozi bwo kumara amezi atan...
-
The Abiru ( Kinyarwanda for royal ritualists ) are the members of the privy council of the monarchy of Rwanda . They emanate f...
-
Yuhi Musinga ( Yuhi V of Rwanda , 1883 – 13 January 1944) [ 5 ] was a king ( umwami ) of Rwanda who came to power in 1896 and collabor...
-
Rwigema was born in Gitarama , in southern Rwanda. Considered a Tutsi, in 1960 he and his family fled to Uganda and settled in a refug...

No comments:
Post a Comment
Comment here