Thursday, July 11, 2024

Ese u Rwanda ruzasubiza amafaranga yari yaratanzwe n'ubwongereza yo gufasha impunzi?

Nta nshingano dufite zo kugira amafaranga ayo ari yo yose dusubiza.' Doris Picard, Umujyanama wa Minisitiri w'Ubutabera, yakuriye inzira ku murima umunyamakuru wa BBC wari amusabye kugira icyo avuga byo kuba 'Guverinoma ya UK yatangaje ko hari amafaranga u Rwanda rugomba gusubiza. Hashize iminsi mike uwari minisitiri w'intebe w'ubwongereza bwana rish sunak atsinzwe amatora yahanganyemo n'umukandida wo mu ishyaka riharanira uburenganzira bw'abakozi bwana keir starmer, sunak yari ashyigikiye ko abimukira bageze mu bwongereza bidakurikije amategeko bakoherezwa mu Rwanda, ku munsi wa mbere bwana Keir starmer akimara gutorwa yahise ahagarika amasezerano leta yicyo gihugu yari yaragiranye na leta y'u Rwanda. Igikomeje kwibazwa ni ese leta y'ubwongereza izishyuza aya mafaranga?ese leta y'uRwanda yo yiteguye kuyatanga. Umwanditsi: Nzayisenga Adrien

No comments:

Post a Comment

Comment here

RWANDA NZIZA NGOBYI IDUHETSE

Volcano

  A volcano is commonly defined as a vent or fissure in the crust of a planetary-mass object , such as Earth , that allows hot lava , volc...